Uyu mugore witwa Mie Nishiyama rero nyuma yo kubona umugabo we
w’imyaka 31 ntacyo amuhaye, yagize umujinya aniga umugabo we hafi yo
kumuhitana.
Nishiyama watawe muri yombi n’igipolisi iwe mu rugo mu burengerazuba bw’umujyi wa Sakai nyuma y’uko umugabo we yari amaze kugihamagaza ngo kimutabare, yakibwiye ko yakekaga ko umugabo we afite indi nshuti.
“Ntago yamaye impano anyishyura iyo namuhaye ku munsi wa Saint valentine. Nararakaye ndamuniga” uko niko yabwiye igipolisi.
Umuco wo mu Burayi wa Saint valentine wageze mu Buyapani usa nk’uhindurwa, aho abagore ari bo baba bagomba guha impano abagabo babo, abo bakorana n’abakoresha babo, ariko haje gushyirwaho undi munsi wiswe White Day nk’uburyo abagabo baba bagomba kwishyura abagore babo babaha impano.
Nishiyama watawe muri yombi n’igipolisi iwe mu rugo mu burengerazuba bw’umujyi wa Sakai nyuma y’uko umugabo we yari amaze kugihamagaza ngo kimutabare, yakibwiye ko yakekaga ko umugabo we afite indi nshuti.
“Ntago yamaye impano anyishyura iyo namuhaye ku munsi wa Saint valentine. Nararakaye ndamuniga” uko niko yabwiye igipolisi.
- Iduka ricuririzwamo impano ryitiriwe White Day
Umuco wo mu Burayi wa Saint valentine wageze mu Buyapani usa nk’uhindurwa, aho abagore ari bo baba bagomba guha impano abagabo babo, abo bakorana n’abakoresha babo, ariko haje gushyirwaho undi munsi wiswe White Day nk’uburyo abagabo baba bagomba kwishyura abagore babo babaha impano.
Aucun commentaire:
Enregistrer un commentaire